Lyrics

Dore ubu nanze igikwe Sinzi kwigira aga panci Nkorera sign zise Sinzi kwipfisha rubandi Urameny nanjye umbipe, Uchunze neza twarya akantu Ijoro nacyo mvuze Winteza neza neza abantu Oyaaaaaa Fata,fata,fata mpaka Sinijyez mbeshya beshya Ushaka,ushaka,ufashe mpaka Nguya guya ngusha ngusha Fata fata cyane Buriya cope sinjya ninya Njye nejo nanakwama Sinagupfushiriza njye ndakoma Komez uburyohe nubu ndimo kunywa akantu Ndimondagenda njye mba so bad Tamperature ninkizi cyorezo Urwo rukingo ndarushaka Rwitere wabyanga ubushika Ibi bintu bisaba akuka Amazi menshi munyonjyere Nanjy ubwanjye ntago ndifunga Kuko burya binandinda kwigunga (Ayiayiayiayi) UbUryo umbwira mo (Ayiayiayiayi) Uburyo nkumva mo (Ayiayiayiayi) Ibyo bituma nanjy nkwifuza Dore ubu nanze igikwe Sinzi kwigira aga panci Nkorera sign zise Sinzi kwipfisha rubandi Urameny nanjye umbipe, Uchunze neza twarya akantu Ijoro nacyo mvuze Winteza neza neza abantu Oraaaaaa Fata,fata,fata mpaka Sinijyez mbeshya beshya Ushaka,ushaka,ufashe mpaka Nguya guya ngusha ngusha Wowe utuma niruka nkashiduk Ubu yo body is something I never never miss Wowe ituma niruka amasigamana Ubu your love is something I never never miss, Mporeka mporeka mporeka mama Sunika sunika darling Nyereka nyereka uko ubigenza I swear baby girl (Guitar boy say so)
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out