Lyrics

uhma ba, uhma ba() ... riderman: verse yeah, holy . maze iminsi nicara, mpiga cash ntigita, nshaka gutuza nka aba buddhist iyo bamedita, phone ndaza kuzimya high ndaza kuzinywa, nshaka kurya ayanjye ntuje nkabubatse, izina nshaka kwirirwa mfite sourire kuri bouche, mu bwugamo bw ibituma ngira ubwonko bushyushye, nshaka kuruhuka maze iminsi ndi tired nshaka amcupa maremare nka dj Pius. icyayi wapi thermos nimubike mushikake, Ku cyokezo mutwike munkorere massage, mundinde icyitwa message izinyishyuza zo ntimubwire ko za naje . Bruce melody nta kibazo nakimwe nshaka kwiteza (uhma ba uhma ba) eh heh, ndashaka kwigira neza (uhma ba) eh heh, ndashaka kwirirwa nseka (uhma ba uhma ba) nta muntu nshaka umvangira .() humble Gizzo: leo ndashaka kuba so easy so humble, ntabwo nshaka urugambo, abana nabakuru ngaho nimumpe akanya (uhma Ba, uhma ba). sinsubira abantu abankubira no no no, I don't wanna hurt someone so... just wanna chill have a good time, for abantu banene nze kwepanga, abana nabakuru ngaho nimumpe akanya . sinsubira abantu abankubira no no no .yeeeeheeee... Bruce melody: chorus nta kibazo na kimwe nshaka kwiteza (uhma ba, uhma ba)eh heh ndasha kwigira neza (uhm ba, uhma ba) eh ndashaka kwirirwa nseka eh eheh nta muntu nshaka umvangira .() (uhma ba, uhma ba) ehhhhhh kabossss... maze iminsi nshaka inoti (uhma ba) ndasohoka (uhm ba) ngure peerin' yanjye (uhm ba) (kabosss) abana basange (skrr) dusagambe(hhhhh), ngure peerin' yanjye . today (njyewe) nkeneye kuryoshya (cash), today (njyewe) nta kibazo nifuza (cash). Bruce melody: chorus nta kibazo nakimwe nshaka kwiteza (uhma ba), (uhma ba), eh eh ndashaka kwigira neza, (uhma ba) (uhma ba) eh eheh ndasha kwirirwa nseka (uhma ba) (uhma ba), nta muntu nshaka umvangira END
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out