Lyrics

Umutima urakumbaza Uti ese yagiyehe Ko mwasangiye akabisi None agahiye dore karaje Inzu imbanye nini Uburiri bumbanye bunini Iminsi ni mibi, Kubeshya nikubi Baby, erega nange ndabyumva Hoya sinkurenganya Byari ibihe bigoye Twiciraga isazi mumaso Kandi uri maso y'inyana Ntibyari kurambaa Niwumva iyi ndirimbo Ijye ikwibutsa Ibihe byiza twagiranye Nubwo wansize ngenyine, sinakurenganya Aho uri ndagusabira Ng uhabone ibyishimoo Gusa iyo utegereza Inshuti zirakumbaza Ziti ese yagiyehe Ko igihe cyari kigeze Ngo muryohe, muryoshye Ibintu nibishakwa, Ahari iy uza kubimenya Ntuba waransizee, Gusaa Baby, erega nange ndakumva Hoya sinkurenganya Byari ibihe bigoye Twiciraga isazi mumaso Kandi uri maso y'inyana Ntibyari kurambaa Niwumva iyi ndirimbo Ijye ikwibutsa Ibihe byiza twagiranye Nubwo wansize ngenyine, sinakurenganya Aho uri ndagusabira Ng uhabone ibyishimoo Gusa iyo utegereza Niwumva iyi ndirimbo Ijye ikwibutsa Ibihe byiza twagiranye Nubwo wansize ngenyine, sinakurenganya Aho uri ndagusabira Ng uhabone ibyishimoo Niwumva iyi ndirimbo Ijye ikwibutsa Ibihe byiza twagiranye Nubwo wansize ngenyine, sinakurenganya Aho uri ndagusabira Ng uhabone ibyishimoo Gusa iyo utegereza
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out