Lyrics

Birazwi ntawe utazi ko nkukunda Ariko uraburasha bose, dufite ibanga twisangije ni amateka yanjye nawe boo boo boo Hari ubwo bitari gushoboka cyangwa se inzira zigatandukana yo! erega uri uwanjye, hoya ntawagusimbura Ibyiza twabibayemo, ibibi tubinyuranamo, njye nawe turakomeje nanubu turakomeje Ni njye naaaaweee! Haz' ibyiza, haz'ibibi njye nawe tuzakomeza ibyacu, umfate unkomeze yo, nanjye sindekura bae Whoa eh ooh ni njye nawe Hm iyeeh ni njye nawe Ups and downs zo zihoraho iyooh Turi mu rukundo it's normal ngukundira ko tuzicamo hm Tugakomezanya, sinemera ko wowe hari icyo cyose ub'igihe turi kumwe my baby! wenda nzitanga nakubeshye sinabaho udahari, Buri uko bukeye umbera mushya bikantera gukomeza ubuzimaaa! Ibyiza twabibayemo, ibibi tubinyuranamo, njye nawe turakomeje, nanubu turakomeje Ni njye naaawee! Haz'ibyiza, haz'ibibi njye nawe tuzakomeza ibyacu, umfate unkomeze iyo, nanjye sindekura bae whoah, eh ni njye nawe Hm iyeeh ni njye nawe Ta, ta, ta, taraa, hm ooh, aaah!! Haz'ibyiza, haz'ibibi njye nawe tuzakomeza ibyacu, umfate unkomeze iyo, nanjye sindekura bae, whoah eh, ni njye nawe Hm iyeeh, ni njye nawe (End)
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out