Lyrics

Nuvishije amakuru yawe Ngo ntu gisoma inzandiko w ndikiwe na pawulo Kandi nizo za kumenyeshaga Iby'ubwiru bwi juru no kuguma kwi sezerano Nunvishije nayandi ambwira Ngo ntu kigera ahera he umutima wishyize hejuru Kandi nibyo bya kugumisha ga Kungicaniro ukongera ubusabane ni juru Mwana wanjye ni wunva isi igukomeye amashyi Uzibuke byabihe wabaye mo nta numwe ukuzi Mwana wanjye nubona ubuzima bugenda neza Hindura isengesho uryerekeze mu mihana yabandagaye Uzature ngo sinjye uriho ni data wenyine Wahawe ikaze muri njye maze utegeke Umutima kureba iby'isi nki gihombo Utoze akanwa kuvuga ibifitiye abandi umumaro Wahawe ijambo ni cyubahiro bigenerwa abi juru rya toranyije None umutima wawe uragambirira ngo ukeneye kwitwa igikomerezwa Nkwandikiye nkwibutsa ko amaso areba ntahage Inzuzi zitemba nti zuzure wige guca bubugufi Kwandikiye nkwibutsa ko amaso areba ntahage Inzuzi zitemba nti zuzure wige guca bugufi Mwana wanjye ni wunva isi igukomeye amashyi Uzibuke byabihe wabaye mo nta numwe ukuzi Mwana wanjye nubona ubuzima bugenda neza Hindura isengesho uryerekeze mu mihana yabandagaye Uzature ngo sinjye uriho ni data wenyine Wahawe ikaze muri njye maze utegeke Buza umutima wawe ku dasimba wishyira hejuru Ahari utazunva ko ibyo ukora ubyishoboza Bwira umutima wawe ko ucumbikiye ikinege cy'ijuru Umugabo ugira guca bugufi Mu mihana ni bakoma amashyi isi Uko ikakwita Ukomeye mwana wanjye ntuzigere wishyira hejuru Umutima wakire ababaye amatwi yunve abihebye Mwana wanjye jya wicarana naboroheje Mu mihana ni bakoma amashyi isi ikakwitameye Mwana wanjye ntuzigere wishyira hejuru Umutima wakire ababaye amatwi yunve abihebye Mwana wanjye jya wicarana naboroheje
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out