Credits
PERFORMING ARTISTS
Gustave Fuel
Performer
COMPOSITION & LYRICS
Mugikari Ent
Songwriter
Lyrics
Iminsi yose ntabwo isa ncuti ndabizi
Akaryoshye ntigahora mu itama
Twari tugwije incuti
Nyamara aho utwariye inda
Wabaye iciro ry'imiganiiiiii
Imiryango ntishaka kukubona
Incuti ntizigikeneye kukumva
Ariko humura nkuri hafi
Niyemeje kuguhora impande
Tugasangira ubuzima
Nukuri humura nkuri hafi
Niyemeje kuguhora impande
Tugasangira ubuzima
Ntabwo uzambura
Nugera mu bikomeye
Nzaguterura nkwibagize agahinda
Ubukene cyangwa se amakuba
Ntibizatubuza kuba mu isi yacuu
Nzaterwa ishema n'urubyaro
Ruzava muri njye nawe
Nubwo inzira twanyuzemo yari igoye
Ariko ni ukuri wahabaye intwari
Nubwo tutabereye abo turuta urugero rwiza
Ariko ibisigaye tuzabishobora
Rwose humura nkuri hafi
Niyemeje kuguhora impande
Tugasangira ubuzima
Ntabwo uzambura
Nugera mu bikomeye
Nzaguterura nkwibagize agahinda
Ubukene cyangwa se amakuba
Ntibizatubuza kuba mu isi yacuu
Ntabwo uzambura
Nugera mu bikomeye
Nzaguterura nkwibagize agahinda
Ubukene cyangwa se amakuba
Ntibizatubuza kuba mu isi yacuu
Writer(s): Mugikari Ent
Lyrics powered by www.musixmatch.com