Lyrics

Urandiza ukanshavuza Nkabyirengagiza Urambeshya bikambabaza Nkabyirengagiza Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya 1(Christopher) Ni koko barabivuze ko Amaso akunda Ntareba neza Biragoye kunyumvisha ko har'ikibi wakora Iyo babikuvuzeho ndarakara nkakurwanaho Kuba nkukunda byatumye ungaraguz'agati Kuba nkukunda byatumye ibib' ukora ntabibona Reka ngabanye kugukunda ahari ubanza nsigaye nkabya Urandiza ukanshavuza Nkabyirengagiza Urambeshya bikambabaza Nkabyirengagiza Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya 2(riderman) Mu gicuku ugaragara nk'inzoga n'intore Kandi ngewe wirirwa umbwira k' ur' umurokore Nsibyemera gusa banyereka amafoto Mutubari wacu akaje usomagur'imyoto Unger' imbere amaso atukuy' ukambeshya uti naraye mbuze ibitotsi ngutekereza nshuti Sindi umwana ukuri mba nkuzi gusa ndirengagiza nkababarira umukunzi Narihanganye gusa enough is enough Reka ngabanye gukyabya nibabaza kubwa love. Kimwe na yuda ungambanira unsoma kw' itama amarangamutima agatuma ibibi byawe ntabibona Itangaazo Nahinduye umuvuno Sinzongera gukabya nkundi kunda rubyino Unzi neza nkuzi kyane ntugifite ubwihisho Ntuzambabaza ukundi Nakunyujijemo ijisho Urandiza ukanshavuza Nkabyirengagiza Urambeshya bikambabaza Nkabyirengagiza Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Urandiza ukanshavuza Nkabyirengagiza Urambeshya bikambabaza Nkabyirengagiza Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya Ubanza ngukunda Nkakabya (End)
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out