Lyrics

Je suis Juno Aahh rutwitsi muzi Kina beat (trust me) Mu gitondo amasaha ari mato Phone irasona bimwe biri double Mbone phonecalls z'abafera, they get bate barashaka tubyine Shawty ari kumpamagara, iravaho mama nawe ankubitira Gira faster gera imuhira, na call za so ziriho zisatira Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Vraiment mba ndi muri hustle S'uko mbanze mba ndwana izi battle Ab'isi biteguye koto, mbahe ibyo batabona mu ndoto Mbazi tutaramenyana, naje niteze ko nzanabibona Ndisekera mbitse ibiguma, nize kumenya gutuza ukaziba Namenye ko icyo utazi ukibaza Ndatuje ubu ndi kwiga kwanza, oya ntiduteze gusoza amasomo Nzi ko ubuzima nabwo ari isomo Mana ujye umfasha undinde urugomo, so zo ni nyinshi zitwiruka inyuma Mfasha umpe imbaraga undinde gukina, sinzamanike nkifite ubuzima Dore rasta ku mihanda Ari kwiruka ashaka ubuzima Imikino yayisize inyuma Hubu hubu nta mwanya wo gukina, ubimenya unyuze muri ubwo buzima Izuba risimbura ukwezi tubona Nta mwanya wo kugoheka tugikennye Nta mwanya wo kugoheka tugikennye Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Ntuzambaze past ntacyo wabikoraho, sinifuza abambwira ibitavamo Amavuta nasizwe na Nyagasani ni yo atuma mbayoboza inkoni y'icyuma Ndatuje ndi blessed nahawe umugisha, sinumva ibivugwa n'ababisha Ndi umuyobozi w'ikiragano, mfite sinye y'umwami w'uyu mukino Uzambaze baranzi ino, bazi neza ko first nta by'imikino Kizigenza k'i Kigali, abanzi bamenye nk'ikihebe Nka njye nkina izikinwa nkakwepa izidakinwa Mpora nshakisha hose ibyashoboka Umukunzi w'abihebye, umuganga ubakiza ibikomere Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Dore rasta ku mihanda Ntakwama ahora ashaka icyo arya Wabaza Imana ibitse ibanga Uzabaze nta kimukanga (ntakijya kimukanga) Bob pro on the mix
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out