Lyrics

Ndi mukinya Twanyweye twasinze Gusa ibibazo ntitubihuje Mubuzima busanzwe sindi umunywi sindi n umusinzi Naranyweye bidasanzwe nunguka inshuti ntazi z'abasinzi Twanyweye twasinze Gusa ibibazo ntitubihuje Hey, amafagitire yari ayanjye naguze cyane nasengereye Amafaranga ntiyashiraga najyaga kucyuma nkabikuza Amafagitire yari ayanjye naguze cyane nasengereye, Amafaranga ntiyashiraga najyaga ku cyuma yeeyeeyee! Twanyeye twasinze gusa ibibazo ntitubihuje Eyuuu, ndi mukinya, ndimo kumva isereri ndi mukinya, Navanze biere na Riker mfite umujinya gusa ufite intandaro siko mpora Eyooyoo, ndi mukinya ndimo kumva isereri ndi mukinya navanze bière na Mfite riker mfite umujinya gusa ufite intandaro siko mpora, eyouyouoo Burya muri rusanjye ntamugabo ugwa mucyobo kabiri, Ibyo naraye mbonye iwanjye Byatumye nsara ndatandukira nanyeye nasinze gusa ibibazo ntiyubihuje Banyongoje ngo ninywe kamwe kdi nziko rimwe ryishe umugabo Ikibi cyabo ntibanywa rimwe bafatiyeho nanjye ndakomeza Gusa amafagitire yari ayanjye naguze cyane nasengereye Amafaranga ntiyashiraga najyaga kucyuma yeeyeeee! Twanyweye twasinze gusa ibibazo ntitubihuje Eyeyeyouuu Ndi mukinya Ndimo kumva isereri ndi mukinya Navanze bière na riker mfite umujinya, gusa ufite intandaro siko mpora Eyouyouu Ndi mukinya ndimo kumva isereri ndi mukinya navanze bière na Riker mfite umujinya gusa ufite intandaro siko mpora, Eyooyoo Twanyweye twasinze Gusa ibibazo ntitubihuje Eyooyoo, Twanyweye twasinze Gusa ibibazo ntitubihuje Ndi mukinya, ndimo kumva isereri Ndi mukinya, navanze bière na riker mfite umujinya Gusa ufite intandaro siko mpora Eyooyoo (Ndi mukinya) Twanyweye twasinze (Ndi mukinya) (Mfite umujinya) Gusa ibibazo ntitubihuje(siko mpora) Yeeyeeee (ndi mukinya) Twanyeyee(ndi mukinya) (Mfite umujinya) Twanyeye twasinzee Umuntu aranywa!!
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out