Lyrics

Aho iyo unenze nturengera cyangwa se iyo ushimye ntushimagiza Aho ntujya ubona isha itamba maze ukajugunya nurwo wambaaaaye (Mbwira) Aho ntiwishimisha ukarenza urugero, Bikarangira utakaje agaciro, kandi kukagarura ari ihurizo, Kombona iyisi idutamfuna bubisi Wowe iyo ubibonye ukoriki? aho ntuziko uzatura nkumusozi (Mbwira) Ubwo ntiwibwira ko wagezeyo, Maze ukihenura kubo wasizeyo, kandi ukirwana kugeza utakiriho,,,, (Ubigenza uteee??? Mbwiraaa) ×2 Ubigenza ute? Ujya wibuka ko ubambise adakurura, kandi icyo ubibye aricyo usarura, Aho nturyoherwa nibisharira bityo kubaho bikakurambira, Ese utekereza nyuma yo kuvuga? Cyangwa se uvuga nyuma yo gutekereza? Byibuze se ujya wisunga rurema, Ngo akwigishe iby'iri shuli ryubu ubuzima, nyemerera, twigane, Kombona iyisi idutamfuna bubisi Wowe iy'ubibonye ukoriki? aho ntuziko uzatura nkumusozi (Mbwira) Ubwo ntiwibwira ko wagezeyo, Maze ukihenura kubo wasizeyo, kandi ukirwana kugeza utakiriho,,,, (Ubigenza uteee??? Mbwiraaa) ×2 Ubigenza ute?
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out