Lyrics

Harya uribuka Umunsi yambwiraga ko yukoa shaka ko duhura Burya twarahuye Nyimukubita amaso numva umutima urankutse Nawe yasaga nkuwatinye kumbwira Yasaga nkuwananiwe guhitamo Sinamubeshyera kwatankunze Gusa kugumana ntibyakunze Nicyo bita amahitamo Naramuretse aragenda Ati kuba ndimwiza ndimwiza No kunkunda arankunda Ariko ntabwo yanegereza Aaaaaah aaah aaa Ntabwo yanegereza Nihagezeho Nirindaga kumwereka yuko haricyo binwaye Ariko numvaga Umutima wanjye wenda gutakara Sinjye wabonye dutandukana Sinjye wabonye muva mu maso Sinamubeshyera kwatankunze Gusa kugumana ntibyakunze Nicyo bita amahitamo Naramuretse aragenda Ati kuba ndimwiza ndimwiza No kunkunda arankunda Ariko ntabwo yanegereza Aaaaaah aaah aaa Afite gahunda Aaaaaah aaah aaa Ntabwo yanegereza
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out