Lyrics

Bihora bisaba kuruma umutima Ngo ndebe ko nava muri aya marira N'aka gahindaaaa Buri nguni y'umutima irakumva Tuganira buri munsi nk'aho ugihari Nk'aho ntaho wagiye Ntinya abambaza iby'amakuru yanjye kuko udahari Mpita numva nkukumbuye Mahoro y'umutima Ntinya abambaza iby'amakuru yawe kuko udahari Mpita numva nkukumbuye Mahoro y'umutima Iyo umbwira tukajyana wenda Ko aho uri wowe umeze neza Iyo umbwira tukajyana wenda Ko aho uri wowe umeze neza Iminsi irandushya Ni umwijima gusa Sinamenye icyo ihatse Wenda nari kugusezera Iminsi irandushya Ni umwijima gusa Sinamenye icyo ihatse Wenda nari kugusezera What does this world mean without people we love I miss you everyday but I don't know where to find you In this lonely world umubumbe wabaye munini Damn! Wabaye munini Ururabo ruruma ukaruramira Ariko uwagiye ntiwamugarura My mama told me yeah Ibyishimo hoya ntibiramba, yeah Am afraid that everything will never be the same Isi utarimo nyibara nk'aho itariho Iyaba mu ijuru hari umunsi wo gusura Nahagera nkongera nkabona ako gasura Ntinya abambaza iby'amakuru yanjye kuko udahari Mpita numva nkukumbuye Mahoro y'umutima Ntinya abambaza iby'amakuru yawe kuko udahari Mpita numva nkukumbuye Mahoro y'umutima Iyo umbwira tukajyana wenda Ko aho uri wowe umeze neza Iyo umbwira tukajyana wenda Ko aho uri wowe umeze neza Iminsi irandushya Ni umwijima gusa Sinamenye icyo ihatse Wenda nari kugusezera Iminsi irandushya Ni umwijima gusa Sinamenye icyo ihatse Wenda nari kugusezera Ururabo ruruma ukaruramira Ariko uwagiye ntiwamugarura My mama told me yeah Ibyishimo hoya ntibiramba, yeah Iminsi irandushya Ni umwijima gusa Sinamenye icyo ihatse Wenda nari kugusezera iyo Blessings over blessings
Lyrics powered by www.musixmatch.com
instagramSharePathic_arrow_out